• Labels

    Saturday, April 28, 2018

    Ibyiza byo kugira amabere mato ku bakobwa



    Abakobwa benshi bakunda kwita cyane ku migaragarire y’umubiri wabo,  cyane cyane amabere yabo kuko aba afite uruhare runini mu kugaragara k’umubiri wabo. Hari abishima kuo bafite amabere Manini cyangwa akababangamira, abandi akaba mato nayo akagir abo ashimisha cyangwa abangamira. Abantu bensh bafite amabrere matoya arababangamira, rimwe na rimwe bikabasaba gukoresha imiti cyangwa gukora imyitozo ngororamubiri ngo barebe ko hari icyahinduka ku ngano y’amabere yabo.
    Iyi nkuru twayibateguriye kugira ngo abantu baba batanyuzwe n’ingano y’amabere yabo ngo bamenye ibyiza byo kugira amabere mato mu buzima bwabo bwa buru munsi.

    1Atuma umuntu amererwa neza mu buriri
    Kugira amabere mato n’ubwo abantu benshi batabibona abandi bikaba byagorana kubibumvisha, amabere mato afasha nyirayo cyane kumva aryohewe cyane mu gihe cyo gutera akabariro.
    Abashakashatsi bo muri kaminuza ya Vienna bagaragaza ko amabere Manini arushwa n’amato ho 24 ku ijana ku kumva umuntu amerewe neza mu  gukora imibonano mppuzabitsina.
    Amabere mato afasha ko umuntu ba afite umubiri  utarimo ibinure byinshi, btyo bigafasha mu gutegura neza umubiri mbere yo gutangira gutera akabariro. Mbese afasha ko imisemburo yihuta cyane mu mubiri, bityo umuntu akaryoherwa kurushaho.
    2Amabere mato afasha umuntu kudasaza vuba
    Iyo umuntu akri mutoya aba yifuza gukura, ariko iyo amaze kuba mukuru bihagije aba atifuza kugaragara nk’ushaje. Hari igihe kigera umuntu aba yifuza gukomeza kugaragara nk’ukiri muto. Amabere manini ,  iyo umuntu akura agenda aba maremare ku buryo ukoumuntu akura bimugaragaza ko ashaje mbere y’igihe, rimwe na rimwe abantu bkaba bamubarira imyaka adafite, bitewe  gusa n’amabere. Amabere matoya rero fasha umuntu gukomeza kgaragara nk’ukiri muto kuko umubiri we uba wirekuye kandi atiyongera cyane. 
    3  wamabara amoko y’imyenda yose  nta mbogamizi.
    Abantu bafite amabere Manini hari imyenda ibagora kwamabara cyane cyane ifite ibifungo bimanutse. Nta n’ikibazo apafa kugira kimubangamira mu gihe yambaye ibimegereye  nk’uko abafite Manini bashobora kwambara  wenda ugasanga umwenda  wabangamiye itemebera  ry’amaraso.
        Gukundwa n’abagabo b’abakire
    Ubushakashatsi bugaragaza ko abagabo b’abakire bashimishwa no gushaka abakobwa badafite amabere manini. Ngo babiterwa ahanini n’uko baba bazi ko umukobwa ufite amabere manini aba ari ikimenyetso cy’uko afite  ibinure byinshi bityo akaba yahita abyibuha cyane ntibabimukundire. Ubushakashatsi bwkozwe na Psychology Today   bwagaragaje ko abantu bafite amabere manini bakunda gushakwa n’abagabo baciriritse mu bushobozi. Bukomeza bwerekana ko abantu batabyibushye abdakundana hagati yabo, bityo bigatuma abagabo bishoboye badashaka abagore babyibushye kimwe.
    5 Kudakundwa cyane n’abagabo bakunda gutera kabariro cyane.
    Ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza ya Webminstter   bugaragaza ko abagabo bihebeye gutera akabariro  bakunda kureba ubunini bw’amabere bagahita batwarwa. Bityo abagore cyangwa abakobwa bafite aringaniye ntabwo babakurura cyane. Biba ari amahirwe abakobwa bafite amabere mato barusha  abafite amanini yo kutagendwaho cyane n’abantu badafite gahunda ahubwo bagamije kubishimishaho gusa.
    6Kutagira byago byo kwandura kanseri y’ibere.
    Hari abantu baba batishimiye kugira amabere mato,ariko kandi afasha ubuzima bwabo kukuba batapfa kurwara kanseri y’ibere ubu iri kwibasira abantu. Ubushakashatsi bugaragaza ko ibere rito riba ritifitemo umwanya iyo ndwara ifatira ikanororokera.

    Kugira amabere mato binafasha kandi kuba umuntu yakoroherwa no kukona imyenda yo kwambara kandi imubereye, koroherwa no gukora imyitozo ngororamubiri inyuranye, n’ibindi. N’ubwo iyi nkuru yibanze ku mabere mato, ntibivuze ko abafite amanini bafite ikibazo nayo afte ibyiza ku bayatunze, umuntu iyo nta bndi burwayi afite agira akamari kimwe. Abafite amabere mato bashaka kuyongera, abaganga babizobereye barabafasha bamaze gusuzuma impamvu nyamukuru yabiteye.

    No comments:

    Post a Comment