• Labels

    Thursday, February 15, 2018

    South Africa: Cyril Ramaphosa yatorewe kuba prezida

    Cyril Ramaphosa wari umaze igihe atorewe kuyobora ishyaka rya ANC, yamaze gutorerwa kuba prezida wa Africa y'Epfo asimbuye Jacob Zuma weguye nyuma y’igitutu yokejwe n’abo mu ishyaka rye rya ANC.

    Inteko ishinga amategeko yakoze umuhango wo kwemeza Cyril Ramaphosa nka Perezida mushya w’igihugu.
    Abagize inteko ishinga amategeko bavuze izina rya Cyril Ramaphosa, Umukuru w’Urukiko rw’Ikirenga abaza niba nta wundi bifuza gushyiraho, habura uvuga, mu kanya gato bahita baririmba bose izina rya Perezida mushya.

    No comments:

    Post a Comment