• Labels

    Sunday, February 18, 2018

    Ibyiza byo kurya inyanya abenshi tutakekaga



    Inyanya ni  kimwe mu biribwa bikundwa cyane na benshi mu isi, bamwe bakazirya mu isosi cyangwa bakazirya zivanze mu bindi, n’abasbobora kuziryabnka salad. Igitangaza abantu besnhi bazikunda batazi akamaro gkomeye zimarira ubuzima bwabo, abandi bakaba batazirya na gato kuko baba bumva ntacyo zabamarira  cyanwa wenda bumva nta cyanga zifite. Hano twabakusanyirije imimaro abantu besnhi batakekaga kurya inyanya  byagirira ubuzima bwabo.
    Kongera ubwirinzi bw’umubiri
    Inyanya  mu bizigize habamo intungamubiri za lycopene zirwanya mkorobi zishbora kwangiriza uturemangingo dukingira umubiri ,  bityo umuntu ntabashe kuba yafatwa n’indwara ku buryo bworoshye.kubura kwa lypocene  kurwara kanseri y’ibihaha, y’igifu cyangwa y’udusabo tw’intanga ku agabo. Bityo ubushakashatsi bukagaragaza ko inyanya zagufasha no kurinda mu muhogo, mu kanwa, mu mabere n’ibindi bice.
    Kurinda umutima
    Lycopene kandi ishobora gufasha mu kugabanya urugero rw’amavuta umubir ukoresha hamwe n’umuvuduko w’amaraso. Bityo umuntu akaba atagira ibyago byo kwandura indwara y’umutima . intungamubiri ziba mu nyanya zirimo na vitamin B na E zifasha umutima gukora neza  no kumera neza.
    Kurinda kurwara amaso.
    Inyanya kandi zaba zigizwe na lutein na zeaxanthin  bifasha amaso kudahindura ibara bitewe n’ibioresho by’ikoranabuhanga nka mudasobwa na telephone.  Izi zinafasha  amas y’umuntu kutananirw cyane kimwe no kurwara umutwe biturutse  ku maso. Ubushakashatsi bukanagaragaza ko umuntu bimurinda ghuma vuba ngo ni uko yegereje izabukuru.

    Kurinda mu kanwa h’umuntu
    Nk’uko twabibonye mu mimaro yabanje hejuru lycopene ifasha mu kurinda umubiri kimwe no kurinda kanseri  umuntu. Kurya inyanya bituma umubiri umeza neza bikanafasha mu kanwa kuba hatawandura bibonetse. Ariko kandi abantu bagirwa inama yo kutajya bazirya bamaze kwiyoza menyo kuko no kudasukura menyo umaze kuzirya bishobora  gusiga aside ku  menyo bikayangiriza. Bityo umuntu yajya azirya akiyoza amenyo nko mu minota 30 nyuma.
    Inyanya zirinda uruhu.
    Uko umuntu arya inyanya nyinshi bimufasha ko uruhu rwe ruragira uburwayi buturutse ku ngufu z’izuba. Uko umuntu arya inyanya nyinshii ni ko lycopene yiyongera mu mubiri bityo ukabasha no kugira ubwirinzi bushobora ku ndwara zose zafata uruhu bitewe n’izuba.
     Src : elcrema


    No comments:

    Post a Comment