• Labels

    Friday, February 2, 2018

    Akabari Radio yakubitiwemo nyuma agapfa kafunzwe




    Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kampala muri Uganda bwafunze akabari kitwa De Bar kabarizwa mu Mujyi wa Entebe ari nako Mowzey Radio yakubitiwemo bikamuviramo kwitaba Imana mu gitondo cyo ku wa Kane tariki 01 Gashyantare 2018.
    ibi bibaye kandi umyobozi w'ako kabari yahise atabwa muri yombi, , iperereza rikba rigikomeza.

    itangazo rifunga akabari Radio yakubitiwemo.

    Perezida Museveni ari mu batangaje ko bababajwe n'urupfu rwa Radio kandi ko ngo yari yaratanze inkunga yo kumuvuza.






    No comments:

    Post a Comment